Amashusho yakwirakwiriye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza imirambo y’abo bantu iryamye mu muhanda, ndetse imodoka barimo iri hafi aho iri gushya.
Enanga yavuze Polisi yatangiye gukurikirana abarwanyi ba ADF, Nubwo Polisi itigeze isobanura byinshi kuri icyo gitero nuko cyagenze, gusa ubuyobozi bw’Ikigo gishinzwe kurengera ibidukikije ari nabwo bwareberaga iyo pariki, bwavuze ko umwe muri ba mukerarugendo bishwe ari uwo muri Afurika y’Epfo mu gihe undi ari uwo mu Bwongereza nkuko Reuters ibitangaza dukesha iyi nkuru.