• Amakuru / MU-RWANDA

Yanditswe na DUSHIMIMANA Elias


Ku Cyumweru tariki ya 24 Nzeri 2023, Nibwo mu karere ka Ruhango mu murenge wa Ntongwe, umuturage witwa HITIMANA Anastasie yashyinguwe nyuma yo kwishinganisha mu nzego zubuyobozi.



Uru rupfu rwa nyakwigendera w’imyaka 54, ruje nyuma yuko yishinganishije mu nzego z’ubuyobozi aho yavugaga ko hari umuntu ushaka kumwica.



Hitimana yavugaga  ko hari umugabo ushaka kumwica witwa Muhinda Dawidi amuziza ko ari umurozi.







Like This Post? Related Posts
Andika igitekerezo
Recent Comments