• Amakuru / MU-RWANDA
NIYITEGEKA Paskal avuga ko amaze imyaka ibiri ntacyo afite akora nyamara ibye yari afite yatungishaga umuryango yarabinyazwe n’uwitwa mukabutera mari jose, iyi mitugo akurikirana irimo no mu nkiko irimo inzu zacumbikiraga abantu yakodeshaga,.

Avuga ko iyi mitungo yayambuwe na mukabutera marie jose akaba nyina wa Amanda fiat uba mu mahanga ari nawe bakodesheje ariko agasigira nyine gucunga ibye, ngo ubwumvikane bwaranze ahitamo kugana inkiko, ariko akaba atangaza ko nyuma yo kugana inkiko umutekano we uri mu kaga kuko agenzwa kenshi ngo yicwe, kuko ngo amaze kurusimbuka kenshi dore ko ubu aba mu ngo3 kubera umutekano we nkuko abitangaza

Mu ibaruwa BTN TV ifitiye kopi y’ubuhamya bwa Jabo Audace buriho umukono wa noteri witwa simbizi fulgence, avuga ko yahawe amafaranga na mukabutera ngo ahindure u uhamya yatanze mu rubanza afitanye na pascal, akavuga ko mukabutera yakoresheje inshuti se zirimo na mukuru we ngo azajyane pascal mu kabari bagoroberezeyo bamusangeyo, ndetse n’abandi yahaye amafaranga ngo bamugirire nabi, 
Kumurongo wa telephone mukabutera marijose dushatse kumubaza kuri ibi yatubwiye ko nta makuru yabitangaho

Raporo yo ku itariki29 werurwe 2023, mukansanga folorance, umuyobozi w’isibo y’ubunyarwanda mu kagali ka cyimo, Umurenge wa masaka akarere ka kicukiro mu mugi wa Kigali, muri raporo yumutekano yatanze yavugaga ko umuturage witwa nkurunziza fulgence yatanze ikibazo ku bantu bamutera iwe kenshi bashaka ucumbitse mu mazu ye witwa pascal niyitegeka, ku itariki2 mata 2023 ubuyobozi bw’umudugudu nabwo bwandikira ubwisumbuyeho bumenyesha iki kibazo,
Pascal avuga ko yishinganisha ku bw’umutekano we, ngo kuko no kuba aba haantu hatandukanye biri mu bimwongerera ubukene yatejwe no kwamburwa ibyo no gushyirwa mu gihombo nkana

Amanda fiati umukobwa wa mukabutera 
Pascal avuga ko bijyakuba uku kunyagwa no guhuguzwa yakorewe atangaza ko gufite imizi kuri covid19 kuko ubwo yabaga, akarere ka rubavu kasabye pascal gucumbikira abashoferi batwaraga imodoka zituruka muri tanzaniya muri guest house yiwe, ariko uyu mukabutera yabimenya akamubwira ko adasghaka abantu yahawe n’akarere amubwira ko kajya kumucumbikira mu mazu yako, ngo kuko atifuza ko leta icumbikira abantu mu mazu ye nyamara ngo iyo leta yambuye murukuru we imitungo, aho yashakaga kuvuga umugore wa rujugiro tribert ayabatwa kuko uyu mukabutera bavindimwe, ngo pascal yanze gusohora abo bantu muri guest house ye inzigo yabo itangira ubwo kugeza bamushoye mu manza, akaba ariho pascal ahera asaba ubutabera byumwihariko urukiko rw’ubucuruzi gusoza uru rubanza kuko rutararangira azakomeza guhigwa ati bamfashhije batanga ubutabera rukarangizwa nkamenya aho mpagaze.

Umuvugizi wa polisi yurwanda ACP ….yabwiye btn tv iyo hagize ugaragaza iki kibazo cyo kuba atotezwa hagamijwe kugirirwa nabi, HAbanza gusuzumwa ukuri ku bivugwa, kureba urugero rw’iterabwoba ashyirwaho n’impamvu, hanyuma hasangwa bifite ishingirpo hagahamagazwa abavugwaho gutera ubwoba no gutoteza cg kugira umugambi wo kugirira nabi uwagaragaje ikibazo, ndetse no gukora n’inzego zibanze, agatangaza kandi koi bi bibazo by’abishinganisha polisi ibyakira kenshi

Like This Post? Related Posts
Andika igitekerezo
Recent Comments