Hari amakuru aturuka ku buyobozi bukuru bw’umuryango w’ibihugu bigize Afurika y’Iburasirazuba EAC, Peter Mathuki, avuga ko Somalia ikomeje gutera intambwe ishimishije iyiganisha ku kuba umunyamuryango mushya wa EAC bitarenze uyu mwaka wa 2023.
Mu myaka mike ishize byagiye bigaragara ko Somalia yifuza kwiyunga kuri uyu muryango.
Byanavuzwe ko habaye ibiganiro byo kwinjiza Somalia muri EAC kuburyo ishobora kutarenze uyu mwaka irimo.