Bus zidasanzwe zitwara amakipe akomeye muri Africa zatangaje abatari bacye hirya no hino mu Rwanda .
Mu kwezi gishize ikipe ya Pyramids FC yaje mu Rwanda gukina na APR FC, iyi kipe yafashe Bus yagomba kugendamo iyuzuzaho ibyapa biyamamaza ibintu byatumye abanyarwanda bacika ururondogoro kuko nibwo bwa mbere Bus imeze iryo yari igaragaye ku butaka bw'uRwanda , Amakipe y'umupira w'amaguru ku isi agira imitungo itandukanye arimo Stade ,ibikorwa remezo bitandukanye ariko byumwihariko. agira Bus zitwara abakinnyi hirya no hino ku bibuga,
Imodoka ya Simba Sports Club iyo uyireba ubona itandukanye n'izo amakipe yo mu Rwanda agendamo
Muri iyi nkuru tugiye kubereka amafoto ya Bus z'amakipe akomeye muri Africa , nka TP Mazembe , Simba Sports Club , Young Africans , Al Ahly, USM Arge , Wadad Casablanca, Esperance de Tunis nizindi , Aya makipe niyo asanzwe yiharira kujya mu matsinda y'amarushanwa ya CAF .