• Amakuru / MU-RWANDA

Ku wa Gatatu tariki ya 30 Kanama 2023, Nibwo mu bukangurambaga bwiswe “Free indeed” bugamije kurwanya ibiyobyabwenge hatangajwemo ko hari abantu batatu bishwe n’inzoga yo mu bwoko bwa rikeri

Umuyobozi w’Akarere ka Rwamagana, Mbonyumuvunyi Radjab, yavuze ko muri aka karere naho hakigaragara ikibazo cy’ibiyobyabwenge ariko ku bufatanye n’abaturage n’inzego z’umutekano kizagabanyuka kuko babihagurukiye.

Radjab uyobora aka Karere utigeze agaragaza imirenge igaragaramo cyane ibiyobyabwenge naho abo bantu bishwe nazo baturukaga, avuga ko mu Mirenge itandukanye iyo habonetse ibiyobyabwenge cyangwa inzoga z’inkorano babitwikira mu ruhame.

Like This Post? Related Posts
Andika igitekerezo
Recent Comments