• Imyidagaduro / ABAHANZI

Umuhanzikazi Rihanna yaciye ku rukuta rwe rwa Twitter yereka Isi uko yaramerewe agitwite umuhungu we, RZA. Ni amafoto amugaragaza yambaye ubusa buri buri.

Ayashyize hanze mu gihe ari kwitegura kwibaruka umwana wa kabiri. Yafatiwe ahantu ku nyanja, aho amwe yari yambaye imyabaro y’imbere gusa andi nta kintu na kimwe yambaye hejuru afashe ku mabere.

Mu magambo yaherekejeshe aya mafoto, Rihanna yavuze ko ari urwibutso ku nda ye ya mbere n’uburyo bwo kwishimira ko yabaye umubyeyi.



Like This Post? Related Posts
Andika igitekerezo
Recent Comments